Umubyeyi utwite ndetse n’ umwana aba atwite ni abantu baba bafite ubuzima bukwiye kwitabwaho cyane kurusha uko bisanzwe kugirango ubuzima bw’ uwo mubyeyi ndetse n’ umwana atwite burusheho gusigasigwa no kuba bwiza.
Muri iki gice twageneye ubuzima, People TV yabegeranyirije bimwe mu byo kunywa n’ ibyo kurya by’ ingenzi umubyeyi utwite akwiye gufata.